
Abagabo bashinze akagoroba k’ababyeyi kubera inkoni bakubitwa n’abagore
- admin
- May 29, 2023
- zero comment
Mu karere ka Nyaruguru, mu murenge wa Ngera, Hari bamwe mu bagabo bakubitwa n’abagore babo, bakaba bahisemo gushinga akagoroba k’abagabo kagamije kurwanya ihohoterwa bakorerwa. Mbere yo gushinga akagoroba k’abagabo biravugwa ko mu ngo zabo byari byaradogereye, bamwe bagaca inyuma abagore babo, bagahora barwana. Umwe muri bo yagize ati”Ubu aho tugereye muri aka kagoroba twarigishanyije, ubu […]
122 total views, 122 views today
Read More
Umucuruzi bamusanze amanitse mu mugozi
- admin
- May 27, 2023
- zero comment
Abaturage n’inzego z’ibanze basanze, Kamirindi Innocent amanitse mu mugozi ari munzu. Nyuma y’uko umugabo witwa Kamirindi Innocent, abuze mu karere ka Ruhango nibwo abaturage bakoranaga akazi k’ubucuruzi batangiye kugira impungenge, bibaza uko byamugendekeye, akaba yari atuye mu mudugudu wa Gataka, akagari ka Nyamagana, umurenge wa Ruhango. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Ruhango Nemeyimana Jean Bosco yatangaje […]
180 total views, 10 views today

Musanze umugabo akurikiranyweho gushyira urusenda mu gitsina cy’umugore we
- admin
- May 23, 2023
- zero comment
Musanze umugabo arakekwaho gushyira urusenda mu gitsina cy’umugore we. Umugabo w’imyaka 38 ituye mu karere ka Musanze, umurenge wa Cyuve, akagari ka Migeshi yatawe muri yombi akekwaho gushyira urusenda mu gitsina cy’umugore we. Mu ijoro rushyira iryo ku wa 22 Gicurasi 2023,umugore w’imyaka 37 yatatse atabaza Gitifu wa akagari ka Migeshi Ishimwe Justin, amubwira ko […]
112 total views, 4 views today

Perezida wa Tanzania akomeje gushyigikira bidasanzwe Yanga Africans yahesheje Tanzania ishema
- admin
- May 22, 2023
- zero comment
Mu gihe ikipe ya Yanga Africans yo muri Tanzania yageze ku mukino wa nyuma wa CAF Confederation Cup, Samia Suluhu,Perezida wa Tanzania, yatanze amatike ibihumbi bitanu y’abafana bazaherekeza iyi kipe n’andi masezerano menshi. Uyu muyobozi akomeje kugaragaza ishyaka rikomeye ryo gushyigikira iyi kipe.Uretse abafana uyu muyobozi yanashyizeho agahimbaza musyi ka miliyoni 20 z’amashilingi. Umukino wa […]
80 total views, 6 views today
Read More
Kiyovu sports ibambiwe i Golgota inzira y’igikombe iba iy’umusaraba
- admin
- May 21, 2023
- zero comment
Ikipe ya Kiyovu Sport yari iyoboye urutonde rwa shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda, byayisabaga gutsinda Sunrise ngo ikomeze itange umwitangirizwa kuri APR FC yarushaga amanota 3, gusa ntabwo yahiriwe n’urugendo rugana i Golgota kuri Stade ya Sunrise. Ni umukino n’ubundi bari bateze ikipe ya Kiyovu Sport ariko ihamya ko nyuma yo gusezererwa na APR FC […]
230 total views, 6 views today
Read More
Pep Guardiola yashyizeho undi muhigo
- admin
- May 21, 2023
- zero comment
Umutoza ukomoka muri Esipanye Pep Guardiola, nyuma yo gutwara igikombe cya English Premier league inshuro 3 yikurikiranya, yashyizeho umuhigo mushya. Ku munsi w’ejo taliki 20 Gicurasi 2023, ni bwo ikipe ya Manchester city itozwa na Pep Guardiola yegukanaga igikombe cya Shampiyona nyuma y’uko ikipe ya Arsenal bari bagihanganiye yinaniwe igatsindwa na Nottingham Forest igitego 1-0. […]
386 total views, 2 views today
Read More
Umutoza Kloop yahagaritswe imikino yose isigaye anacibwa amande
- admin
- May 18, 2023
- zero comment
Umutoza w’ikipe ya Liverpool Jurgen Kloop amaze guhagarikwa n’ishirahamwe ry’imikino mu Bwongereza, FA, imikino 2 adatoza nyuma yo kwikoma umusifuzi. Umutoza w’ikipe ya Liverpool, yagaritswe imikino 2 ikipe ye yari isigaranye muri Shampiyona y’umupira w’amaguru mu Bwongereza, nyuma yo kwikoma umusifuzi Paul Tierney avuga ko afatira ibyemezo bidahwitse ikipe ye. Kloop yagaragaje kutishimira imisifurire y’uyu […]
168 total views
Read More
Batatu bakekwaho kwica umupolisi batawe muri yombi
- admin
- May 18, 2023
- zero comment
Abagabo batatu bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’umupolisi wasanzwe mu muhanda yapfuye mu karere ka Rusizi bari mu maboko y’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB). Tariki ya 12 Gicurasi 2023, nibwo aya makuru yamenyekanye, ibi byabereye mu Karere ka Rusizi umurenge wa Rwimbogo akagari ka Karenge. Dr Murangira B. Thierry, umuvugizi wa RIB, yagize ati” ku bufatanye […]
556 total views
Read More
Rayon Sport yatangiye kuvuguta umuti wo gutsinda APR FC
- admin
- May 18, 2023
- zero comment
Nyuma y’aho iyi kipe ifite abafana benshi mu Rwanda igeze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’amahoro, ubuyobozi bwa Rayon Sports bwatumiye abahagarariye abandi bafana b’iyi kipe mu Gihugu hose kugira ngo bungurane ibitekerezo. Mu gihe habura igihe gito ngo iyi kipe ikunzwe na benshi mu Rwanda, ihure n’iy’ ingabo z’igihugu, Rtd Uwayezu Jean Fidèle yatumiye […]
252 total views
Read More
Ibendera ry’abaryamana bahuje ibitsina ryazamuwe
- admin
- May 17, 2023
- zero comment
Uyu munsi ni bwo ku mbuga nkoranyambaga hakomeje kuzenguruka amashusho agaragaza ibensera ryamamaye risa n’umukororombya riranga ababana bafite ibitsina bifite imiterere imwe, LGBT. Amakuru twaje kumenya ngo ni uko iri bendera ryazamuwe ku byicaro bya Ambasade zitandukanye. Ibi ngo byari mu rwego rwo kugaragaza ko ibi bihugu byifatanyije n’aba bantu babana bafite ibitsina biteye kimwe. […]
74 total views, 2 views today
Read More