
Abagabo bashinze akagoroba k’ababyeyi kubera inkoni bakubitwa n’abagore
- admin
- May 29, 2023
- zero comment
Mu karere ka Nyaruguru, mu murenge wa Ngera, Hari bamwe mu bagabo bakubitwa n’abagore babo, bakaba bahisemo gushinga akagoroba k’abagabo kagamije kurwanya ihohoterwa bakorerwa. Mbere yo gushinga akagoroba k’abagabo biravugwa ko mu ngo zabo byari byaradogereye, bamwe bagaca inyuma abagore babo, bagahora barwana. Umwe muri bo yagize ati”Ubu aho tugereye muri aka kagoroba twarigishanyije, ubu […]
118 total views, 118 views today
Read More
Umucuruzi bamusanze amanitse mu mugozi
- admin
- May 27, 2023
- zero comment
Abaturage n’inzego z’ibanze basanze, Kamirindi Innocent amanitse mu mugozi ari munzu. Nyuma y’uko umugabo witwa Kamirindi Innocent, abuze mu karere ka Ruhango nibwo abaturage bakoranaga akazi k’ubucuruzi batangiye kugira impungenge, bibaza uko byamugendekeye, akaba yari atuye mu mudugudu wa Gataka, akagari ka Nyamagana, umurenge wa Ruhango. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Ruhango Nemeyimana Jean Bosco yatangaje […]
180 total views, 10 views today

Umwarimu w’imyaka 38 yatawe muri yombi azira kuryamana n’umunyeshuri we w’imyaka 16
- admin
- May 24, 2023
- zero comment
Umwarimu w’imyaka 38, umaze umwaka mukazi yaguwe gitumo aryamanye n’umwana w’umuhungu ukiri muto. Uyu mwarimu wigishaga ku cyigo cya Yucaipa High School muri California yitwa Tracy Vanderhulst afite imyaka 38 wigishaga imibare, yafunzwe azira kuryamana n’umunyeshuri yigishaga. Uyu mukobwa wigishaga kuri Yucaipa High School yari yitezweho umusaruro nkuko bitangazwa n’abayobozi b’ikigo kuko ngo yarasanzwe yigisha […]
460 total views, 14 views today

Umusekirite yarindishaga inkoni bank none yishwe
- admin
- May 24, 2023
- zero comment
Umusekirite Nzigira Irenee warindaga banki y’abaturage y’i Rwamagana yishwe nk’uko ubuyobozi bubivuga. Mu murenge wa Minyiginya, akagari ka Kibazi, umudugudu w’ Akabuye hazindutse havugwa inkuru y’akababaro mu gitondo cyo kuri uyu wa 24 Gicurasi 2023. Mukantambara Brigitte, umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Minyiginya yatangarije Umuseke, dukesha iyi nkuru ko inkuru y’urupfu rw’uyu musekirite yamenyekanye mu gitondo. […]
244 total views, 12 views today
Read More
Musanze umugabo akurikiranyweho gushyira urusenda mu gitsina cy’umugore we
- admin
- May 23, 2023
- zero comment
Musanze umugabo arakekwaho gushyira urusenda mu gitsina cy’umugore we. Umugabo w’imyaka 38 ituye mu karere ka Musanze, umurenge wa Cyuve, akagari ka Migeshi yatawe muri yombi akekwaho gushyira urusenda mu gitsina cy’umugore we. Mu ijoro rushyira iryo ku wa 22 Gicurasi 2023,umugore w’imyaka 37 yatatse atabaza Gitifu wa akagari ka Migeshi Ishimwe Justin, amubwira ko […]
112 total views, 4 views today
Read More
Umwarimu yatawe muri yombi muri 3 bakekwaho kwica umupolisi
- admin
- May 18, 2023
- zero comment
Iradukunda Pacifique, wari umwarimu ku rwunge rw’amashuri rwa Gishoma, yatawe muri yombi muri batatu bakurikiranyweho kuvutsa ubuzima umupolisi. Iyi nkuru y’incamugongo yamenyekanye mu gitondo cyo ku italiki 12/05 uyu mwaka, ubwo hafi y’umuhanda Kamembe Bugarama yasangwaga umurambo w’umupolisi, mu Kagari ka Karenge, Umurenge wa Rwimbogo ho mu karere ka Rusizi. Nk’uko ikinyamakuru umuryango dukesha iyi […]
312 total views, 2 views today
Read More
Batatu bakekwaho kwica umupolisi batawe muri yombi
- admin
- May 18, 2023
- zero comment
Abagabo batatu bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’umupolisi wasanzwe mu muhanda yapfuye mu karere ka Rusizi bari mu maboko y’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB). Tariki ya 12 Gicurasi 2023, nibwo aya makuru yamenyekanye, ibi byabereye mu Karere ka Rusizi umurenge wa Rwimbogo akagari ka Karenge. Dr Murangira B. Thierry, umuvugizi wa RIB, yagize ati” ku bufatanye […]
556 total views
Read More
Rayon Sport yatangiye kuvuguta umuti wo gutsinda APR FC
- admin
- May 18, 2023
- zero comment
Nyuma y’aho iyi kipe ifite abafana benshi mu Rwanda igeze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’amahoro, ubuyobozi bwa Rayon Sports bwatumiye abahagarariye abandi bafana b’iyi kipe mu Gihugu hose kugira ngo bungurane ibitekerezo. Mu gihe habura igihe gito ngo iyi kipe ikunzwe na benshi mu Rwanda, ihure n’iy’ ingabo z’igihugu, Rtd Uwayezu Jean Fidèle yatumiye […]
252 total views
Read More
Ibendera ry’abaryamana bahuje ibitsina ryazamuwe
- admin
- May 17, 2023
- zero comment
Uyu munsi ni bwo ku mbuga nkoranyambaga hakomeje kuzenguruka amashusho agaragaza ibensera ryamamaye risa n’umukororombya riranga ababana bafite ibitsina bifite imiterere imwe, LGBT. Amakuru twaje kumenya ngo ni uko iri bendera ryazamuwe ku byicaro bya Ambasade zitandukanye. Ibi ngo byari mu rwego rwo kugaragaza ko ibi bihugu byifatanyije n’aba bantu babana bafite ibitsina biteye kimwe. […]
74 total views, 2 views today
Read More
Umuherwe Elon Musk ari mu rukundo na robot yitwa Catnila bashobora no kurushinga mu minsi ya vuba
- admin
- May 16, 2023
- zero comment
Elon Musk umuherwe kabuhariwe kubisi ari mu rukundo rugeze aharyoshye abo bivugwa ko mu minsi yavuba bashobora no ku rushinga ikamubera umugore. Elon Musk ukunze kugaragaza udushya twinshi kuri ubu aravugwa mu rukundo n’irobo y’inkobwa yiswe Catnila ndetse amakuru agahamya ko atari urukundo rw’agahararo ahubwo baba bagiye no gushinga urugo. Amafoto yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga […]
102 total views
Read More