
Yikingiranye munzu bayikinguye basanga yimanitse mumugozi yashizemo umwuka
- admin
- May 22, 2023
- zero comment
Ntigura Marc w’imyaka 65 utuye mu karere ka Musanze, umurenge wa Gataraga, akagari ka Rubindi, bamusanze amanitse mu mugozi mu gitondo k’umunsi w’ejo tariki 21 Gicurasi 2023. Nyakwigendara Ntigura Marc, bikekwa ko yarafite abana 6 ariko yabanaga n’umwuzukuru we gusa, kuko umugore we bashakanye yitabye Imana 1997. Inkuru y’urupfu rwa nyakwigendara Ntigura Marc rwamenyekanye ubwo […]
122 total views
Read More
Perezida wa Tanzania akomeje gushyigikira bidasanzwe Yanga Africans yahesheje Tanzania ishema
- admin
- May 22, 2023
- zero comment
Mu gihe ikipe ya Yanga Africans yo muri Tanzania yageze ku mukino wa nyuma wa CAF Confederation Cup, Samia Suluhu,Perezida wa Tanzania, yatanze amatike ibihumbi bitanu y’abafana bazaherekeza iyi kipe n’andi masezerano menshi. Uyu muyobozi akomeje kugaragaza ishyaka rikomeye ryo gushyigikira iyi kipe.Uretse abafana uyu muyobozi yanashyizeho agahimbaza musyi ka miliyoni 20 z’amashilingi. Umukino wa […]
78 total views, 4 views today

Rayon sport itahiriwe na Penaliti ibuze igikombe cy’Amahoro
- admin
- May 21, 2023
- zero comment
Ikipe ya Rayon sport y’abagore irimo gutangarirwa na benshi kubera ubushongore n’ubukaka igaragaza, yatwawe na AS Kigali y’Abagore igikombe cy’Amahoro kuri Penaliti 3-2. Ni mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’amahoro, aho aya makipe yacakiranaga, AS Kigali imaze iminsi itisukirwa yagowe na Rayon sport, umukino urangira ari 1-1, hitabazwa Penaliti, AS Kigali nk’ikipe nkuru, yogombaga kubigaragaza […]
130 total views, 4 views today

Kiyovu sports ibambiwe i Golgota inzira y’igikombe iba iy’umusaraba
- admin
- May 21, 2023
- zero comment
Ikipe ya Kiyovu Sport yari iyoboye urutonde rwa shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda, byayisabaga gutsinda Sunrise ngo ikomeze itange umwitangirizwa kuri APR FC yarushaga amanota 3, gusa ntabwo yahiriwe n’urugendo rugana i Golgota kuri Stade ya Sunrise. Ni umukino n’ubundi bari bateze ikipe ya Kiyovu Sport ariko ihamya ko nyuma yo gusezererwa na APR FC […]
228 total views, 4 views today
Read More
Pep Guardiola yashyizeho undi muhigo
- admin
- May 21, 2023
- zero comment
Umutoza ukomoka muri Esipanye Pep Guardiola, nyuma yo gutwara igikombe cya English Premier league inshuro 3 yikurikiranya, yashyizeho umuhigo mushya. Ku munsi w’ejo taliki 20 Gicurasi 2023, ni bwo ikipe ya Manchester city itozwa na Pep Guardiola yegukanaga igikombe cya Shampiyona nyuma y’uko ikipe ya Arsenal bari bagihanganiye yinaniwe igatsindwa na Nottingham Forest igitego 1-0. […]
386 total views, 2 views today
Read More
FC Barcelona yishimiye igikombe nyuma yo kwandagazwa
- admin
- May 21, 2023
- zero comment
Mu ijoro ryakeye ikipe ya FC Barcelona yari yateguye kwishimira igikombe cya Laliga ku kibuga cyayo, gusa ibi birori byatobwe n’ikipe ya Real Sociedad, yayitsindiye ku kibuga cyayo, gusa ntibyabujije impara gucuranga kuko baje gukora ibirori byabo. Uyu mukino ikipe ya FC Barcelona yakoze uko ishoboye ngo idasuzugurwa ibirori byayo bigatobwa, ariko kugeza mu minota […]
146 total views, 4 views today
Read More
Fiacre wabengutswe n’amakipe yo mu Rwanda akomeye agiye kwigira muri Congo
- admin
- May 20, 2023
- zero comment
Nyuma yo kwitwara neza akaba n’umunyezamu wa mbere mu izamu ry’ikipe y’igihugu Amavubi, umunyezamu Ntwali Fiacre ufatira ikipe ya AS Kigali, ubu arimo kwifuzwa bikomeye n’ikipe yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Amakuru dukesha RadioTV1, ni uko kuri ubu Ntwali Fiacre agiye kwerekeza mu ikipe ya FC Saint Loi Lupopo, aho agiye gusimbura Ley […]
128 total views, 4 views today
Read More
Fimino yarize ayo kwarika nyuma yo gutsindira Liverpool igitego
- admin
- May 20, 2023
- zero comment
Mu gihe habaga umukino ubanziriza uwanyuma wa Liverpool, n’umukino wa nyuma wa Roberto Firmino i Anfield, Liverpool ikanganya na Aston Villa, umukinnyi Roberto Firmino yarize cyane nyuma yo kuyitsindira igitego cyo kwishyura. Intandaro y’aya marira ni uko uyu mukinnyi asa n’uwasezeraga iki kibuga kuko yamaze kumenyeshwa ko azajya gushakira ahandi nyuma y’uyu mwaka w’imikino. Umunya-Brazil […]
186 total views, 2 views today
Read More
Umutoza Kloop yahagaritswe imikino yose isigaye anacibwa amande
- admin
- May 18, 2023
- zero comment
Umutoza w’ikipe ya Liverpool Jurgen Kloop amaze guhagarikwa n’ishirahamwe ry’imikino mu Bwongereza, FA, imikino 2 adatoza nyuma yo kwikoma umusifuzi. Umutoza w’ikipe ya Liverpool, yagaritswe imikino 2 ikipe ye yari isigaranye muri Shampiyona y’umupira w’amaguru mu Bwongereza, nyuma yo kwikoma umusifuzi Paul Tierney avuga ko afatira ibyemezo bidahwitse ikipe ye. Kloop yagaragaje kutishimira imisifurire y’uyu […]
168 total views
Read More
APR FC ikandagiye urucaca isanga Rayon Sport ku mukino wa nyuma
- admin
- May 14, 2023
- zero comment
Guhera i saa Cyenda z’amanywa kuri Kigali Pele Stadium hari hateganyijwe umukino wa 1/2 cy’irangiza wo kwishyura hategerejwe ikipe itsinda indi hagati ya APR FC na Kiyovu Sport bakunda kwita urucaca, gusa byarangiye ari ibitego 2-1, Kiyovu sports isezererwa. Ni umukino wari ku rwego rwo hejuru, aho amakipe yombi yahatanye bikomeye, ikipe ya Kiyovu Sport […]
180 total views, 4 views today
Read More